"Ingabo z'u Rwanda ntizizatahe" - Abaturage ba Cabo Delgado muri Mozambique

Описание к видео "Ingabo z'u Rwanda ntizizatahe" - Abaturage ba Cabo Delgado muri Mozambique

Mu minsi yashize, Umunyamakuru wacu Richard Kwizera yagiriye uruzinduko rw'icyumweru mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique mu rwego rwo kureba uburyo abaturage bakomeje gusubira mu byabo nyuma y'aho Inzego z'umutekano z'u Rwanda zifatanyije n'iza Mozambique zitsinze imitwe y'iterabwoba. Kimwe n’ahandi yasuye mbere, abaturage bo mu gace ka Quionga mu Karere ka Palma na bo barashima inzego z’umutekano z’u Rwanda zabagaruriye ikizere cyo kongera kubaho.

Benshi mu baganiriye na Kigali Today, bifuza ko Ingabo na Polisi by’u Rwanda baguma muri Cabo Delgado igihe kirekire.

Комментарии

Информация по комментариям в разработке